
Uwahoze ari umuyobozi wa Rayon sports munyakazi sadate yasezeranyije buri mukinnyi w’ Amavubi amadorari y’Amarika ijana($100) mugihe U Rwanda rwaba rutsinze uganda kuri uyu wa mbere mu mukino uzabahuza mu irushanwa rya CHAN2020 .
Ibi yabinyujije ku rubuga rwe rwa Twitter ubwo yifurizaga Amavubi urugendo rwiza nyuma y’uko kuri uyu wa gatatu bahagurutse I Kigali berekeza muri Cameroon ahazabera iyimikino.
Amavubi yageze mu mujyi wa Douala ku isaa tanu z’amanywa, abakinnyi, abatoza n’abayobozi bahita berekeza muri Hotel .
Sadate yagize ati: “

U Rwanda rufitenye umukino na Uganda kuri uyu wa mbere tariki 18 mutarama 2020 saa tatu z’ijoro , uzaba ari umukino wa mbere kumpande zombi muri CHAN2020.