16 C
Kigali
WE ARE LIVE
Televiziyo ya Leta muri Tanzania “TBC” ku mugoroba wo kuri uyu wa 17 Werurwe 2021 yatangaje ko Perezida wa Tanzania Dr John Pombe Magufuri yitabye Imana ku myaka 61 y’amavuko. Inkuru y’urupfu rwa Perezida Magufuri kandi yemejwe na Visi Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu,...
Rumwe mu rubyiruko rutuye mu mujyi wa Kigali ruhamya ko ubucyene rufite butatuma rugera ku bikorwa by’ubutwari naho ababyeyi bakavuga ko hari urubyiruko rusiga ababyeyi babo mu byaro bakaza gushaka ubuzima ikigali bakavuga ko ntacyo watanga utaragihawe n’ababyeyi bawe nk’indagaciro nyayo. Ibi babivuze mugihe...
Nyuma y’aho Perezida Donald Trump ugiye gusimburwa  mu masaha macye na Joe Biden  ababariye abantu bari bafungiwe ibyaha bitandukanye barimo Steve Bennon,  uyu wabaye umujyanama we ,akaza gutabwa muri yombi  umwaka ushize wa 2020 akekwaho ubwambuzi bushukana. Umuhanga akaba n’umusesenguzi mu by’amategeko Norm Eisen,...
Kuri uyu wa kabiri, YouTube ifitwe na Google yahagaritse by'agateganyo umuyoboro wa Perezida Donald Trump ikuraho videwo yo kurenga kuri politiki yayo yo gukangurira ihohoterwa. Mu magambo yayo , YouTube yagize iti" dukurikije impungenge z’uko hashobora kubaho ihohoterwa rikomeye, dukuyeho ibintu bishya byashyizwe ku...
Nyuma y’ uko umubiligi Sven Vandenbroeck atandukanye na  Simba Sports Club , ubuyobozi bwiyi kipe bwagaragaje ko abatoza bagera kuri 55 baturutse mu bihugu bitandukanye aribo bamaze kwandika  kumwanya wogutoza iyikipe. Kuri ubu Simba irimo gushaka uzasimbura Vandenbroeck  wamaze kuba umutoza FAR Rabat ikina...
Ibikorwa by’ivanguraruhu no kudahabwa agaciro byatumye bamwe mu birabura baba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika batangira gutekereza uko bashobora gusubira muri Afurika aho bakomoka, aho babona nk’ubutaka bazongera guhererwaho icyubahiro kandi ntihagire ubahora uko basa. Uyu mwanzuro ntiwafashwe n’abirabura baba muri Leta Zunze...
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yatangaje gahunda ye yo gusoza ubushyamirane bumaze amezi hagati ye n'uwo yasimbuye Joseph Kabila. Mu ijambo ryanyuze kuri televiziyo ku cyumweru, Tshisekedi yavuze ko agiye gushyiraho umutegetsi wo gufasha gushyiraho urugaga rushya rw'ubwiganze mu...
Kim Kardashian umugore wa Kanye West umwe mu baraperi b’ibyamamare bubashywe muri Leta zunze ubumwe za Amerika, ndetse muri iyi minsi urimo kugerageza kwiyamariza kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yavuze  ku bibazo byo mu mutwe bivugwa ku mugabo we umaze iminsi yandika amagambo kuri Twitter agatera...
Ejo kuwa mbere gusa umutungo wa Jeff Bezos wiyongereyeho miliyari $13, kwiyongera k'umutungo w'umuntu umwe ko hejuru cyane kubayeho kuva mu 2012 ikigo Bloomberg cyashyiraho uburyo bwo kubara imari y'abaherwe ba mbere ku isi buri munsi. Imigabane ya Amazon.com ya Jeff Bezos ejo yazamutseho...
Kuri uyu wa Gatanu, urukiko rw'Ubujurire rwatesheje agaciro ikifuzo cyo gusubukura iperereza kw' ihanurwa ry'indege yari itwaye Habyarimana Juvénal wahoze ari Perezida w' u Rwanda. Ibyiri Perereza ni kimwe mu bikomeye byazanaga agatosti hagati y' U Rwanda n'Ubufaransa. Uru rukiko...