16 C
Kigali
WE ARE LIVE
Nyuma y’aho Perezida Donald Trump ugiye gusimburwa  mu masaha macye na Joe Biden  ababariye abantu bari bafungiwe ibyaha bitandukanye barimo Steve Bennon,  uyu wabaye umujyanama we ,akaza gutabwa muri yombi  umwaka ushize wa 2020 akekwaho ubwambuzi bushukana. Umuhanga akaba n’umusesenguzi mu by’amategeko Norm Eisen,...
It’s no secret that basketball fans in Rwanda and elsewhere for that matter have been waiting with bated breath on the tip off of the Basketball African League (BAL). The opening game ended on a high note for the patriots BBC as they took...
Kim Kardashian umugore wa Kanye West umwe mu baraperi b’ibyamamare bubashywe muri Leta zunze ubumwe za Amerika, ndetse muri iyi minsi urimo kugerageza kwiyamariza kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yavuze  ku bibazo byo mu mutwe bivugwa ku mugabo we umaze iminsi yandika amagambo kuri Twitter agatera...
Nyuma y’ uko umubiligi Sven Vandenbroeck atandukanye na  Simba Sports Club , ubuyobozi bwiyi kipe bwagaragaje ko abatoza bagera kuri 55 baturutse mu bihugu bitandukanye aribo bamaze kwandika  kumwanya wogutoza iyikipe. Kuri ubu Simba irimo gushaka uzasimbura Vandenbroeck  wamaze kuba umutoza FAR Rabat ikina...
MTN Rwandacell Plc (MTN Rwanda), has rebranded to reflect its evolution from Rwanda’smost valuable telecommunications provider to the nation’s leading digital technologycompany. It is only the second brand overhaul since the mobile operator’s entry in 1998, theprevious refresh being in 2004.The rebrand reflects MTN Group’s commitment to...
Emmanuel Macron was more convincing than Le Pen in their first presidential debate. The snap survey by Elabe for BFM TV found that 59% of polled viewers found Macron more convincing than Le Pen. In 2017, the same polling firm found that 63% of...
Kuri uyu wa Kabiri u Rwanda n'u Bufaransa, byashyize umukono ku masezerano anyuranye afite agaciro ka  miliyoni 49.5.   Aya masezerano akubiyemo amafaranga azafasha mu kurufasha gukomeza guhangana na COVID19 ndetse no guteza imbere amashuri y'imyuga n'ubumenyingiro. Aya masezerano yagezweho binyuze...
Nyuma y'igihe kigera ku kwezi ataboneka nk'uko bisanzwe, kandi nta makuru atangazwa ku buzima bwe, ibihuha byabaye byinshi, kugeza no kwemeza ko yaba yarapfuye. Kuwa gatanu ushize minisitiri w'intebe Kassim Majaliwa we yabwiye abaturage ati: "…nimutuze perezida wanyu arahari, afite ubuzima bwiza, arahuze cyane...
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Mamba mu Karere ka Gisagara, beruriye Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, ko hari ikibazo kibarembeje cy’abagabo bahohoterwa n’abagore babo bakabakubita kandi ntibatinyuke kujya kurega aho uru rwego rwahise rujya kureba umugore uvugwaho gukomeretsa umugabo we, ruhita rumuta muri yombi.
Televiziyo ya Leta muri Tanzania “TBC” ku mugoroba wo kuri uyu wa 17 Werurwe 2021 yatangaje ko Perezida wa Tanzania Dr John Pombe Magufuri yitabye Imana ku myaka 61 y’amavuko. Inkuru y’urupfu rwa Perezida Magufuri kandi yemejwe na Visi Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu,...