16 C
Kigali
WE ARE LIVE
Rumwe mu rubyiruko rutuye mu mujyi wa Kigali ruhamya ko ubucyene rufite butatuma rugera ku bikorwa by’ubutwari naho ababyeyi bakavuga ko hari urubyiruko rusiga ababyeyi babo mu byaro bakaza gushaka ubuzima ikigali bakavuga ko ntacyo watanga utaragihawe n’ababyeyi bawe nk’indagaciro nyayo. Ibi babivuze mugihe...
Ibihugu byo ku mugabane wa Afurika bigiye kwakira inkingo za Koronavirusi zakozwe n’ikigo Johnson and Johnson zigera kuri miliyoni 400 ku bufatanye n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe.Mu itangazo cyashyize ahagaragara kuri uyu wa mbere, iki kigo cy’Abanyamerika gikora ibikoresho by’ubuvuzi cyavuze ko gishobora gutanga dose zigera kuri...
Lebanon iri mu ngorane zikomeye zo kutabasha gutunga abenegihugu bacyo,ibi bikaba bigaragazwa n’ibura ry’ibura ry’umuriro bamaranye iminsi,aho abafite ari abakoresha ibikoresho bitanga ingufu z’amashanyarazi nka generator na paneau soleil mu ndimi z’amahanga. Umuyobozi imiyoborere myiza y’abaturage muri Beirut Sibylle Rizk,ubwo yabazwaga icyo abona gitera...
Ibikorwa by’ivanguraruhu no kudahabwa agaciro byatumye bamwe mu birabura baba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika batangira gutekereza uko bashobora gusubira muri Afurika aho bakomoka, aho babona nk’ubutaka bazongera guhererwaho icyubahiro kandi ntihagire ubahora uko basa. Uyu mwanzuro ntiwafashwe n’abirabura baba muri Leta Zunze...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, ryamaze kubona umuyobozi mushya usimbura Jean Damascene Sekamana, Nizeyimana Olivier akaba ariwe watorewe kuyobora iri shyirahamwe nyuma y’uko Rurangirwa Louis akuyemo kandidatire ye ku munota wa nyuma. Kuri iki cyumweru tariki ya 27 Kamena 2021, nibwo muri Lemigo...
Umunyezamu Kwizera Olivier wakiniye amakipe nka Rayon Sports,APR FC n’ikipe y’igihugu “Amavubi”yamaze gutangaza ko yasezeye ku mupira w’amaguru ku myaka 27 nyuma y’ibihe bibi yanyuzemo birimo no gutabwa muri yombi azira gukoresha ibiyobyabwenge. Kwizera uherutse guhamwa n’icyaha cyo kunywa ibiyobyabwenge bwo mu bwoko bw’urumogi...
Umunyarwanda Révocat Karemangingo wari ushinzwe komisiyo y’umutungo mu shyirahamwe ry’impunzi z’Abanyarwanda muri Mozambique, yishwe arasiwe imbere y’iwe i Maputo muri kiriya gihugu. Karemangingo yishwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 13 Nzeri 2021 aho yarashwe n’abantu bari mu modoka ya Toyota Fortuner.
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Mamba mu Karere ka Gisagara, beruriye Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, ko hari ikibazo kibarembeje cy’abagabo bahohoterwa n’abagore babo bakabakubita kandi ntibatinyuke kujya kurega aho uru rwego rwahise rujya kureba umugore uvugwaho gukomeretsa umugabo we, ruhita rumuta muri yombi.
Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yatangaje gahunda ye yo gusoza ubushyamirane bumaze amezi hagati ye n'uwo yasimbuye Joseph Kabila. Mu ijambo ryanyuze kuri televiziyo ku cyumweru, Tshisekedi yavuze ko agiye gushyiraho umutegetsi wo gufasha gushyiraho urugaga rushya rw'ubwiganze mu...
Kuri uyu wa Kabiri u Rwanda n'u Bufaransa, byashyize umukono ku masezerano anyuranye afite agaciro ka  miliyoni 49.5.   Aya masezerano akubiyemo amafaranga azafasha mu kurufasha gukomeza guhangana na COVID19 ndetse no guteza imbere amashuri y'imyuga n'ubumenyingiro. Aya masezerano yagezweho binyuze...