16.7 C
Kigali
WE ARE LIVE
Rutahizamu wa Brazil Neymar Jr. biteganijwe ko ari bukine umukino ikipe ye iri bukine na Koreya y'Epfo muri 1/8 cy'Igikombe cy'isi gikomeje kubera muri Qatar. Aya makuru yahamijwe n'umutoza mukuru wa Brazil, Adenor Leonardo Bacchi bakunda kwita Tite ubwo yaganiraga n'itanzagamakuru kuri iki cyumweru...
Imikino y'amatsinda y'igikombe cy'isi gikomeje kubera muri Qatar irasozwa kuri uyu wa gatanu tariki 02/12/2022, aho andi makipe abiri yo ku mugabane wa Afurika ashobora gukora amateka agakomeza muri 1/8. Mu 2010 ubwo Afurika yakiraga bwa mbere igikombe cy'isi, habuze gato ngo uyu mugabane...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri amakipe arindwi yari amaze gukatisha itike ya 1/8 mu mikino y'Igikombe cy'Isi gikomeje kubera muri Qatar. Ni nako amakipe atanu yamaze gusererwa muri iri rushanwa riba mu myaka ine rigahuza ibihugu 32.
Abakuru b'ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y'iburasirazuba, EAC bahuriye mu biganiro bigamije gushakira umuti ikibazo cy'umutekano muke umaze igihe mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo. Ni ibiganiro byayobowe na Gen. Evariste Ndayishimiye, Perezida w'u Burundi akaba n'umuyobozi wa EAC naho Uhuru Kenyatta...
Hadutse ugshyamirana gukomeye kw'abafana mu murwa mukuru w'u Bubiligi, Brussels nyuma y'uko ikipe y'iki gihugu itsinzwe 2-0 na Morocco mu mukino w'igikombe cy'isi wabaye kuri iki cyumweru. Nyuma y'uyu mukino, Polisi yahanganye n'abafana barwanye hagati yabo nyuma y'uko bamwe bamennye amaduka, ikoresha amazi mu...
Manchester United yatangaje ko yatandukanye ku bwumvikane na rutahizamu wayo, Cristiano Ronaldo wai uyimazemo umwaka n'amezi atatu. Mu itangazo rigufi cyane iyi kipe yasohoye kuri uyu wa kabiri, Man U yavuze ko iki cyemezo gihita gishyirwa mu bikorwa. Iri tangazo ryagiraga...
Degradation of land, water and air resources motivated formerly unemployed residents in Kigali city to start collecting dumped old plastic and glassy containers, which they export to the Democratic Republic of Congo (DRC) and Burundi where they are recycled. Eugene...
Urukiko rwanzuye ko Vanessa Bryant, umugore wa nyakwigendera Kobe Bryant witabye Imana azize impanuka y’indege muri 2020 ahabwa impozamarira ya Miliyoni 16 z’amadolari ya Amerika nyuma yo gutsinda urubanza yeregagamo ubuyobozi bw’umujyi wa Los Angeles ku bwo gushyira hanze amafoto y’umurambo w’umugabo we ubwo Kajugujugu  yari itwaye...
Rwanda is for the first time hosting this year’s Africa Peering and Interconnection Forum (AfPIF) in Kigali. The forum is organized by the Internet Society (ISOC) and the African IXP Association (AFIX) in collaboration with the Rwanda Internet Community and Technology Alliance (RICTA). Running from 23 to 25 August...
MTN Rwandacell PLC (MTN Rwanda), through MTN Foundation, partners with IHS Rwandaand the Rwanda Technical and Vocational Education and Training Board (RTB) to digitalizeschools through computer donations and installation of internet connectivity across variousTVET schools.MTN Foundation, a vehicle through which MTN Rwanda implements its Corporate SocialPrograms, commenced...