
Ishyirahamwe ry’umukino wo gusigana ku magare mu Rwanda FERWACY, ryatangaje Ko Tour du Rwanda 2021 yimuwe kubera ikibazo cya coronavirus, ni mu itangazo banyujije kurukuta rwabo rwa Twitter bavugako irushanwa ryari riteganyijwe kuba guhera itariki ya 21 kugeza ku ya 28 Gashyantare 2021 ryimuriwe tariki ya 2 kugeza ku ya 9 gicurasi 2021 .

Isiganwa ry’umwaka ushize ryari ryatwawe nu munya Kazakhstan Yevgeniy Fedorov.
