
Kuri uyu wa Gatanu, urukiko rw’Ubujurire rwatesheje agaciro ikifuzo cyo gusubukura iperereza kw’ ihanurwa ry’indege yari itwaye Habyarimana Juvénal wahoze ari Perezida w’ u Rwanda.
Ibyiri Perereza ni kimwe mu bikomeye byazanaga agatosti hagati y’ U Rwanda n’Ubufaransa.
Uru rukiko rwari rumaze igihe rwiga ku bujurire bwatanzwe ku mwanzuro wo mu 2018 utegeka guhagarika iperereza