Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo yatangaje gahunda ye yo gusoza ubushyamirane bumaze amezi hagati ye n'uwo yasimbuye Joseph Kabila.
Mu ijambo ryanyuze kuri televiziyo ku cyumweru, Tshisekedi yavuze ko agiye gushyiraho umutegetsi wo gufasha gushyiraho urugaga rushya rw'ubwiganze mu...
Nyuma y’ uko umubiligi Sven Vandenbroeck atandukanye na Simba Sports Club , ubuyobozi bwiyi kipe bwagaragaje ko abatoza bagera kuri 55 baturutse mu bihugu bitandukanye aribo bamaze kwandika kumwanya wogutoza iyikipe.
Kuri ubu Simba irimo gushaka uzasimbura Vandenbroeck wamaze kuba umutoza FAR Rabat ikina...
Kuri uyu wa kabiri, YouTube ifitwe na Google yahagaritse by'agateganyo umuyoboro wa Perezida Donald Trump ikuraho videwo yo kurenga kuri politiki yayo yo gukangurira ihohoterwa.
Mu magambo yayo , YouTube yagize iti" dukurikije impungenge z’uko hashobora kubaho ihohoterwa rikomeye, dukuyeho ibintu bishya byashyizwe ku...
Nyuma y’aho Perezida Donald Trump ugiye gusimburwa mu masaha macye na Joe Biden ababariye abantu bari bafungiwe ibyaha bitandukanye barimo Steve Bennon, uyu wabaye umujyanama we ,akaza gutabwa muri yombi umwaka ushize wa 2020 akekwaho ubwambuzi bushukana.
Umuhanga akaba n’umusesenguzi mu by’amategeko Norm Eisen,...