23.2 C
Kigali
WE ARE LIVE
Lebanon iri mu ngorane zikomeye zo kutabasha gutunga abenegihugu bacyo,ibi bikaba bigaragazwa n’ibura ry’ibura ry’umuriro bamaranye iminsi,aho abafite ari abakoresha ibikoresho bitanga ingufu z’amashanyarazi nka generator na paneau soleil mu ndimi z’amahanga. Umuyobozi imiyoborere myiza y’abaturage muri Beirut Sibylle Rizk,ubwo yabazwaga icyo abona gitera...
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Mamba mu Karere ka Gisagara, beruriye Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, ko hari ikibazo kibarembeje cy’abagabo bahohoterwa n’abagore babo bakabakubita kandi ntibatinyuke kujya kurega aho uru rwego rwahise rujya kureba umugore uvugwaho gukomeretsa umugabo we, ruhita rumuta muri yombi.
Umunyarwanda Révocat Karemangingo wari ushinzwe komisiyo y’umutungo mu shyirahamwe ry’impunzi z’Abanyarwanda muri Mozambique, yishwe arasiwe imbere y’iwe i Maputo muri kiriya gihugu. Karemangingo yishwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 13 Nzeri 2021 aho yarashwe n’abantu bari mu modoka ya Toyota Fortuner.
Umunyezamu Kwizera Olivier wakiniye amakipe nka Rayon Sports,APR FC n’ikipe y’igihugu “Amavubi”yamaze gutangaza ko yasezeye ku mupira w’amaguru ku myaka 27 nyuma y’ibihe bibi yanyuzemo birimo no gutabwa muri yombi azira gukoresha ibiyobyabwenge. Kwizera uherutse guhamwa n’icyaha cyo kunywa ibiyobyabwenge bwo mu bwoko bw’urumogi...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, ryamaze kubona umuyobozi mushya usimbura Jean Damascene Sekamana, Nizeyimana Olivier akaba ariwe watorewe kuyobora iri shyirahamwe nyuma y’uko Rurangirwa Louis akuyemo kandidatire ye ku munota wa nyuma. Kuri iki cyumweru tariki ya 27 Kamena 2021, nibwo muri Lemigo...
It’s no secret that basketball fans in Rwanda and elsewhere for that matter have been waiting with bated breath on the tip off of the Basketball African League (BAL). The opening game ended on a high note for the patriots BBC as they took...
Major, imbwa ya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Joe Biden yatangiye kwitabwaho byihariye n’abaganga b’amatungo nyuma yo kuruma undi muntu. CNN yatangaje ko kuri uyu wa Mbere ku gicamunsi aribwo iyo mbwa yarumye umwe mu bakozi b’ikigo kigenzura ibyiza nyaburanga muri Amerika,...
Ibihugu byo ku mugabane wa Afurika bigiye kwakira inkingo za Koronavirusi zakozwe n’ikigo Johnson and Johnson zigera kuri miliyoni 400 ku bufatanye n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe.Mu itangazo cyashyize ahagaragara kuri uyu wa mbere, iki kigo cy’Abanyamerika gikora ibikoresho by’ubuvuzi cyavuze ko gishobora gutanga dose zigera kuri...
Samia Suluhu Hassan amaze kurahirira kuba perezida wa Tanzania, mu muhango wabereye mu ngoro y'umukuru w'igihugu cya Tanzania. Mama Samia inshuro eshatu  indahiro y'umukuru w'igihugu mu cyumba gifunze cyuzuyemo abantu, mu muhango waciye kuri televiziyo y'igihugu uri kuba. Mama Samia abaye...
Nyuma y'igihe kigera ku kwezi ataboneka nk'uko bisanzwe, kandi nta makuru atangazwa ku buzima bwe, ibihuha byabaye byinshi, kugeza no kwemeza ko yaba yarapfuye. Kuwa gatanu ushize minisitiri w'intebe Kassim Majaliwa we yabwiye abaturage ati: "…nimutuze perezida wanyu arahari, afite ubuzima bwiza, arahuze cyane...