17.1 C
Kigali
WE ARE LIVE
Kuri uyu wa kane, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda yitabiriye umuhango wo gushyiraho ibuye fatizo ku ruganda ruzakora inkingo zitandukanye zirimo iza Covi- 19, Malaria ndetse n’igituntu, uru ruganda rukazubakwa mu cyanya cyahariwe inganda i Masoro. Uru ruganda rwa BionTech ni uruganda rw’abadage rusanzwe...
Umujyanama wihariye wa perezida wa Ukraine yavuze ko intambara yo mu mijyi y'iburasirazuba ya Severodonetsk na Lysychansk igeze ahateye ubwoba. Oleksiy Arestovych yavuze ko ingabo z’Uburusiya zishobora kuzenguruka mu gihe cya vuba imijyi ibiri ya Ukraine. Yagize ati, “Uburusiya burigukoresha amagambo y’iterabwoba nk’uburyo bwo...
Ni kuri uyu wa kabiri, ubwo Perezida Paul Kagame yitabiraga ibiganiro byagarutse ku ngingo zirimo icyakorwa kugira ngo amahirwe ari mu muryango wa Commonwealth agere ku bihugu binyamuryango mu buryo bungana. Ni ibiganiro byabimburiweho ubwo hanatangizwaga umunsi wa mbere w’ihuriro ry’abacuruzi n’abashoramari bari mu...
Madamu Jeannette Kagame yagaragaje ko yizeye ko iri huriro ry’abagore bahuriye mu muryango wa Commonwealth rigomba kubatera kwigirira ikizere muburyo bw’imiyoborere ndetse no muburyo bw’ubukungu. Ibi yabigarutseho mw’ijambo rye ubwo yatangizaga ihuriro ry’abagore bibumbiye mu muryango w’ibihugu bikoresha uruimi rw’icyongereza CHOGM, ryanitabiriwe n’umunyamabanga w’uyu...
Byari biteganyijwe ko mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu indege ya Boing 767 yari iturutse mu bwongereza yari kugera I Kigali izanye abimukira babaga muri iki gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Ni inkuru yabaye nk’iyi inca mugongo ubwo hatanganzwaga ko umwe mu bantu...
Iminsi igeze kuri itanu ibarirwa ku ntoki kugirango u Rwanda rwakire inama ihuza abakuru b’ibihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza CHOGM, iteganyijwe gutangira mu cyumweru cya tariki ya 20 kugeza 26 kamena 2021.Uyu muryango wa Commonwealth u Rwanda rumaze imyaka 13 rwinjiyemo nk’umunyamuryango mushya aho rwinjiyemo mu mwaka wa...
Urubyiruko 216 rw’abakorerabushake mu gukumira ibyaha ruzwi nka Rwanda Youth Volunteers in community policing baturutse mu ntara y’amajyaruguru basoje amahugurwa bari bamazemo icyumweru biga ku burere mbonera gihugu, mu ishuri rya PTS (Police Training School) I gishari mu karere ka Rwamagana. Ni amahugurwa yasojwe...
Iminsi iri kubarirwa ku ntoki ntirenze 12 kugirango u Rwanda rwakire inama y’abakuru b’ibihugu bikoresha ururimi rw’icyongereza izwi nka CHOGM ku nshuro ya 26, aho biteganyijwe ko izahuriza hamwe abakuru b’ibihugu birenga 54 by’abanyamuryango bayo. Uyu muryango wa Commonwealth u Rwanda rumaze imyaka 13...
The Republic of Cuba and Rwanda established diplomatic relations on September 9, 1979; this year marks 43 years of diplomatic relations between the two countries. Recently Cuba’s designated Ambassador to Rwanda Mrs. Tania Perez Xiques, handed over her letter of...
Today at the UK High Commission the British High Commissioner to Rwanda Omar Daair engaged the media in a Question and Answer session as he addressed different topics including the UK and Rwanda Asylum deal and the preparations for CHOGM  The partnership between Rwanda...