Iyi nama y’ihuriro ku iterambere ry’ubuhinzi yo kurwego rwo hejuru ku isi izasuzumirwamo iterambere ry’ubuhinzi kumugabane wa Africa mu kiciro k’ibiganiro bizahuza Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma byo ku Mugabane w’Afurika, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yitezweho kugaragaza ingamba zizafasha Afurika kubaka no kongera umutekano...
Ubuhinde bwabonye abantu barenga 90.000 banduye Covid-19 gusa ku munsi umwe ,Ubuhinde bwahise bufata umubare wabwo hejuru kurusha Berezile.
Ubu ni igihugu cya kabiri mu bifite umubare wabamaze kwandura coronavirusi ku isi ,abamaze kwandura ni 4,204.613 hapfuye abantu 71.642, bigatuma Ubuhinde buba ubwa 3 mubihugu bimaze kwibasirwa ku isi.
Minisitiri w' ubutegetsi bw' igihugu Prof. Shyaka Anastace yatangaje ko Leta itaciye kunywa inzoga mu gihugu, ahubwo icyakozwe ari ugufasha abanyarwanda kwirinda.
Ibi ni nyuma yuko inama y' abaminisiti yateranye mu minsi ishize yanzuye ko haba Hotel, amaresitora ntanahamwe hemerewe gucurizwa inzoga ngo abaguzi...
Mu gihe abakiri bato bahamya ko bagenzi babo bakerensa ingamba zo kwirinda covd19, hakaba n' abumva ko ari ugukabya.
Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije avuga ko ataringombwa ko iki cyorezo kibanza kwica abakiri bato kugirango abantu bumve ubukana bwacyo.
Bamwe...
Jeanne Bovine Ishemaryayo wakoze Application yitwa E-Rinde izajaya ifasha kumenya umwirondoro w' abantu baje mu rusengero, mu isoko n' ahandi avuze ko bizacyemura gutakaza umwanya wandika abaje ndetse bigafasha no kumenya abaje naho baherereye.
Jeanne Bovine Ishemaryayo afite imyaka 26 y' amavuko, avuga ko...
Mu gihe bamwe mu bakobwa bageze kigero cyo gushaka bavugako ko bishimiye ko umuco wo gukazanura wacitse, abakurikiranira hafi ibyo kubungabunga umuco bavuga ko nubundi gukazunura ari umuco mubi utari wemewe .
Mu muco w’abanyarwanda bo hambere habagamo byinshi nk’imihango, imigenzo, imiziro n’imiziririzo bitandukanye,ibi usanga...
Kugeza ubu, Abashakashatsi bavuga ko byibuze abantu 800 bashobora kuba barapfuye ku isi kubera amakuru atari yo ajyanye na coronavirus basomye ku mbugankoranyambaga mu mezi atatu ya mbere y'uyu mwaka.
Ku ikubitiro Ubushakashatsi bwasohotse mu kinyamakuru cyo muri Amerika cy’ubuvuzi n’isuku bavuze ko...
Mu gihe bamwe mu rubyiruko rugeze igihe cyo gushaka ruvuga ko babona bitakiri ngombwa ko bashaka bakiri isugi, nyamara abakurikiranira hafi ibyo kubungabunga umuco bavuga ko bihabanye n’ umuco.
Hirya no hino mu mujyi wa Kigali no ku mbuga nkoranyambaga hari urubyiruko rugaragaza ko...
Hari bamwe mu bakobwa b’ urubyiruko bavuga ko gushyira amashusho yabo bambaye uko bavutse ku mbuga nkoranyambaga ntacyo bibatwaye kandi ko babona ari uburenganzira bwabo.
Ni mugihe nyamara hari bagenzi babo bo basanga bidakwiye, Royal Fm yashatse kumenya icyo abakobwa burubyiruko batekereza kuri...
Uyu munsi mu Leta y’ u Rwanda yatangije uburyo bwo kwandika mu irangamimerere abavutse no kwandukuza abapfuye bikorewe kwa muganga.
Kuri uyu wa mbere nibwo umuhango wo gutangiza ubu buryo bushya wabaye witabirwa na minisitiri Proffesor Shyaka Anastace ndetse na Minisitiri w’ ubuzima Dr...