Biden yashyizeho ibwiriza rishya ritegeka kwikingiza ku bakozi ba leta ya Amerika, urwego rukoresha benshi mu gihugu basaga miliyoni ebyiri.
Iri bwiriza risaba abakozi kwerekana icyemeza ko bakingiwe cyangwa se bagategekwa gupimwa no kwambara agapfukamunwa.
Rimeze nk'iriha urugero abikorera ibyabo bizeye...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere tariki 26 Nyakanga 2021, nibwo Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu itangaje ko kubera ubwiyongere bw’icyorezo cya coronavirus mu Mirenge imwe n’imwe igize hafi uturere twose mu gihugu, nayo yashyiriweho gahunda ya Guma mu rugo mu rwego ngo guhangana...
Umujyi wa Kigali n'uturere umunani twagaragayemo kwiyongera gukomeye kw'ubwandu bwa Covid-19 byashyizwe muri gahunda ya guma mu rugo, nkuko bikubiye mu byemezo bishya by'inama y'abaminisitiri.
Abatuye Kigali n'uturere twa Burera, Gicumbi, Kamonyi, Musanze, Nyagatare, Rubavu, Rwamagana na Rutsiro, bategetswe kuguma mu ngo zabo guhera...
Amategeko mashya yatangajwe na minisiteri y'ubuzima avuga ko abafashwe bakora ubushabitsi bwabujijwe nk'utubari, inzu z'utubyiniro, cinema cyangwa amaduka atari ay'ibiribwa, bazafungwa.
Uganda yugarijwe n'inkubiri ya kabiri ya Covid aho ubwoko bushya bw'iyi virus buzwi nka Delta buri kwihuta mu kwandura no kwica abantu.
Mu gihe u Buhinde bukomeje kwibasirwa bikomeye n’ubwoko bushya bwa Covid-19 bumaze kugaragara mu bihugu 21 birimo na Uganda, ubushakashatsi bwagaragaje ko urukingo rwa Covaxin rwakozwe na sosiyete ya Bharat Biotech yo mu Buhinde rushobora kuyirinda.
Nubwo byagaragaye ko uru rukingo rushobora kuyirinda ruracyarimo...
Kenya yatangaje kuri uyu wa gatatu ko ibaye ihagaritse by’agateganyo, urujya n’uruza rw’indege zitwara abantu ziva mu Buhinde kubera ikwirakwira ry’icyorezo cya Corona muri iki gihugu cyo muri Aziya y’Amajyepfo.
Minisitiri w’ubuzima muri Kenya, Mutahi Kagwe, yavuze ko Kenya yakurikiraniye hafi uko iki cyorezo...
Umuyobozi mukuru wa Pfizer Inc avuga ko yizera ko abantu bashobora gukenera inshuro ya gatatu y'urukingo rwa COVID-19.
Mu kiganiro nyunguranabitekerezo cyakiriwe na CNBC ku bufatanye n’ubuzima bwa CVS ku wa kane, Albert Bourla yavuze ko urukingo rushobora kongera guterwanyuma y’amezi atandatu.
Nyuma y’Inama y’Abaminisitiri yateranye taliki 15 uku kwezi igafata ingamba nshya ku kwirinda icyorezo cya Coronavirus igakomora ingendo zihuza Umujyi wa Kigali n’intara ariko Uturere twa Bugesera, Nyanza na Gisagara tugashyirirwaho umwihariko kuko tutemerewe kugendwamo kuri uyu wa mbere guverinoma yatangaje ingamba nshya zo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya...
Ibihugu byo ku mugabane wa Afurika bigiye kwakira inkingo za Koronavirusi zakozwe n’ikigo Johnson and Johnson zigera kuri miliyoni 400 ku bufatanye n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe.Mu itangazo cyashyize ahagaragara kuri uyu wa mbere, iki kigo cy’Abanyamerika gikora ibikoresho by’ubuvuzi cyavuze ko gishobora gutanga dose zigera kuri...
Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya yahagaritse ingendo ziva n'izijya mu ntara eshanu, zirimo n'umurwa mukuru Nairobi, kubera ubwiyongere bwa Covid-19.
Intara za Kajiado, Kiambu, Machakos, Nakuru na Nairobi zatangajwe nk'ahantu higanje cyane iyi virusi.
Kenyatta yavuze ko ubu abantu nibura barindwi...