Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko amashuri y’Incuke, abanza n’ayisumbuye yo mu Mujyi wa Kigali yaba aya Leta n’ayigenga ; abaye afunzwe kuva kuri uyu wa Mbere tariki 18 Mutarama 2021 kubera ingamba zo kwirinda icyorezo cya COVID-19.
Bikubiye mu itangazo ryasohowe na Minisiteri y’Uburezi ku gicamunzi...
Nyuma y’amezi arenga 6, Kuri uyu wambere amwe mu mashuri makuru na Kaminuza mu Rwanda byujuje ibisabwa byasubukuye amasomo imwe muri izi Kaminuza ni Mount Kenya University Rwanda.
Bamwe mu banyeshuri muri Mount Kenya University, imwe muri kaminuza zahise zifungura ku ikubitiro batangarije Royal...
Mount Kenya university Rwanda, yongeye gufungurira imiryango abayigamo bakaba bongeye kwemererwa kwigira ku ishuri nkuko Minisiteri y’uburezi yabitangaje.
Mu itangazo ryasohowe na Minisiteri y’ uburezi rivuga ko iyi Kaminuza izatangira kwigisha imbonankubone tariki ya 12 Ukwakira, gusa rikavuga ko hazaza kwigira ku ishuri abanyeshuri bari bari gusoza kwiga...
Abanyeshuri mu mwaka wa nyuma w’ amashuri makuru na kaminuza biga banakora,barasaba ko igihe bazaba basubukuye amasomo bakomorerwa bakiga bataha aho kuba mukigo nkuko byatangajwe na Mininisiteri y’uburezi murwego rwo kwirinda ikwirakizwa ry’icyorezo cya covd 19.
Benshi muri aba banyeshuri baganiriye na Royal fm ...
Bamwe mu baturage batuye umujyi wa Kigali bavuga ko kubuza abantu guha abasabiriza amafaranga mu ntoki bisa no guca abasabiriza mu mujyi wa Kigali, Ni nyuma yuko inama njyanama y’umujyi wa Kigali isohoye itangazo ribwira abantu kwirinda guhereza abasabiriza amafaranga mu muhanda.
Iri bwiriza ry’ inama njyanama y’umujyi...
cyahagaritswe uruhushya rw'umuti hydroxychloroquine uvura malaria wifashishwaga by'amaburakindi ku barwayi ba coronavirus.
Ikigo FDA cyatangaje ko gihamya nshya yavuye ku magerageza y'uwo muti ku barwayi isobanuye ko bitaba bikirimo gushyira mu gaciro kwibwira ko uwo muti ushobora kurwanya virusi.
Nyuma yaho,...