Muri 2019 , nibwo Ubushakashatsi bwakozwe n'Umuryango urwanya ruswa n'akarengane Transparency International Rwanda, bwagaragaje ko 38.5% by'abashyizwe mu byiciro by'ubudehe guhera muri 2015 -2018 batahawe serivisi bagombaga guhabwa bitewe no gushyirwa mu cyiciro badakwiye na ho abandi 20% na bo bahabwa serivisi batagakwiye guhabwa bitewe n'icyiciro kitari icyabo...
Umuryango Mpuzamahanga wita ku bucuruzi, World Trade Organization, WTO wamaze gutangaza abakandida babiri bari guhatanira kuwuyoyora bose bakaba ari abagore, umwe akaba ari umunyanijeriya Ngozi Okonjo-Iweala ndetse na Yoo Myung ukomoka muri koreya yepfo.
Aba bakaba batarimo, Dr. Amina C. Mohammed umunyakenya wari wakomeje...
Abantu bahaha bakoresheje ikoranabuhanga cyangwa interineti ibizwi nka online shopping batangarije Royal FM ko hari bamwe mubacururiza kuri internet hano mu Rwanda bahenda ibicuruzwa byabo aho usanga igiciro kikubye kabiri y’igiciro gisanzwe kigura.
Uyu ni Kamanzi Patrick(amazina yahinduwe) yagize ati:” Ikibazo cy’abantu bacururiza kuri interineti cyangwa se ibizwi...
Abacuruzi n’abandi ba rwiyemezamirimo ibikorwa byabo byashegeshwe na Covid-19, barasabwa kujya kwaka inguzanyo ihendutse banyuze mu bigo by’ imari basanzwe bakorana nabyo ku mafranga yashyizwe mu kigega cyingoboka kubera ingaruka za Covid-19 ku bashoramari. .
Nyamara n’ubwo hari abamaze kubigana ngo bazahure ibikorwa byabo...
Ubuyobozi bw’ ikigega cyigenewe gutera inkunga abarokotse Jenocide yakorewe abatutsi batishoboye FARG buravuga ko bumaze kugaruza 2/3 by’ amafaranga yahabwagaga ibigo by’ amashuri hishyurirwa abanyeshuri babaringa FARG itabizi.
Ni kenshi hagiye havugwa abanyeshuri babaringa bishyuriwe n’ ikigega cyigenewe gutera inkunga abarokotse Jenocide yakorewe abatutsi...
Bamwe mubakora ingendo mu mujyi wa Kigali bifashishije imodoka zitwara abagenzi (bus) bakomeje kwinubira serivise mbi bahabwa na ba agent ba Tap and Go, ubuyobozi bwa AC group bufite mu nshingano Tap and Go bugashishikariza gukoresha uburyo bw’ikoranabuhanga.
Bamwe mu baturage bakora ingendo zabo bakoresheje ...
Hashize iminsi humvikana itabwa muri yombi rya bamwe mu bayobozi bakomeye mu nzego za leta ndetse n’abandi bakunze kwitwa ibifi binini aho nk' amakuru aheruka ari avuga ko urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwatangaje ko taliki 3 rwataye muri yombi Dr Habumuremyi wigeze kuba Minisitiri w’Intebe, ari nawe washinze Kaminuza ya Christian University of...
Mu ijambo yagejeje ku batuye igihugu uyu munsi kuwa mbere, Perezida Uhuru kenyatta yavuze ko kuva tariki 01 z’ukwezi kwa munani indege zitwara abagenzi ku rwego mpuzamahanga zizasubukura ingendo muri Kenya.
Bwana Kenyatta yavuze ko guhera tariki 15 z’uku kwezi kwa karidnwi indege zitwara...
Nyuma y’uko tariki ya 25 uku kwezi Leta y’u Rwanda yafashe icyemezo gitegeka imidugudu itandatu yo mu turere tubiri two mu Mujyi wa Kigali kujya muri gahunda ya ‘Guma mu Rugo’ mu gihe cy’iminsi 15, mu rwego rwo gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19 hari bamwe mubaturage bo...
Kuri uyu wa Kabiri u Rwanda n'u Bufaransa, byashyize umukono ku masezerano anyuranye afite agaciro ka miliyoni 49.5.
Aya masezerano akubiyemo amafaranga azafasha mu kurufasha gukomeza guhangana na COVID19 ndetse no guteza imbere amashuri y'imyuga n'ubumenyingiro.
Aya masezerano yagezweho binyuze...