Abayobozi b’ amakoperative barakangurirwa guhora bihugura hagamijwe ko bagira ubumenyi buhagije mu kuyobora no gucunga amakoperative bityo bakaganya ibyago byo kuba yagwa mu bihombo.Ibi bikaba bije mu gihe hakomeje kuvugwa imicungire mibi yamakoperative yagiye anabyara gusenyuka kwamwe mumakoperative.Guhora bihugura ni bimwe mubyo aba bayobozi bamakoperative bagera kuri...
Minisiteri y' ubucuruzi n' inganda yatangaje ko ntagihindutse ibiciro by' ibirayi bishobora kuzasubira uko byahoze mu kwezi gutaha kwa 11, ivuga ko izamuka ryabyo ngo byatewe nuko bitari igihe cyo kwera kwabyo.
mu bisobanuro byatanzwe na Minisiteri y' ubucuruzi ivuga ko guhera mu...
Muri 2019 , nibwo Ubushakashatsi bwakozwe n'Umuryango urwanya ruswa n'akarengane Transparency International Rwanda, bwagaragaje ko 38.5% by'abashyizwe mu byiciro by'ubudehe guhera muri 2015 -2018 batahawe serivisi bagombaga guhabwa bitewe no gushyirwa mu cyiciro badakwiye na ho abandi 20% na bo bahabwa serivisi batagakwiye guhabwa bitewe n'icyiciro kitari icyabo...
Umuryango Mpuzamahanga wita ku bucuruzi, World Trade Organization, WTO wamaze gutangaza abakandida babiri bari guhatanira kuwuyoyora bose bakaba ari abagore, umwe akaba ari umunyanijeriya Ngozi Okonjo-Iweala ndetse na Yoo Myung ukomoka muri koreya yepfo.
Aba bakaba batarimo, Dr. Amina C. Mohammed umunyakenya wari wakomeje...
Ibuye ridasanzwe rya diyama rifite carat 102 ryagurishijwe muri cyamunara kuri miliyoni $15.7 mu cyo abahanga bavuze ko agaciro karenze cyane igiciro yaguzwe.
Iri buye ry'agaciro ryaguzwe n'umuntu utatangajwe wari kuri telefone muri cyamunara, yakozwe hifashishijwe iyakure n'inzu ya Sotheby's muri Hong Kong, kubera...
Abantu bahaha bakoresheje ikoranabuhanga cyangwa interineti ibizwi nka online shopping batangarije Royal FM ko hari bamwe mubacururiza kuri internet hano mu Rwanda bahenda ibicuruzwa byabo aho usanga igiciro kikubye kabiri y’igiciro gisanzwe kigura.
Uyu ni Kamanzi Patrick(amazina yahinduwe) yagize ati:” Ikibazo cy’abantu bacururiza kuri interineti cyangwa se ibizwi...
Abacuruzi n’abandi ba rwiyemezamirimo ibikorwa byabo byashegeshwe na Covid-19, barasabwa kujya kwaka inguzanyo ihendutse banyuze mu bigo by’ imari basanzwe bakorana nabyo ku mafranga yashyizwe mu kigega cyingoboka kubera ingaruka za Covid-19 ku bashoramari. .
Nyamara n’ubwo hari abamaze kubigana ngo bazahure ibikorwa byabo...
Ubuyobozi bw’ ikigega cyigenewe gutera inkunga abarokotse Jenocide yakorewe abatutsi batishoboye FARG buravuga ko bumaze kugaruza 2/3 by’ amafaranga yahabwagaga ibigo by’ amashuri hishyurirwa abanyeshuri babaringa FARG itabizi.
Ni kenshi hagiye havugwa abanyeshuri babaringa bishyuriwe n’ ikigega cyigenewe gutera inkunga abarokotse Jenocide yakorewe abatutsi...
Bamwe mubakora ingendo mu mujyi wa Kigali bifashishije imodoka zitwara abagenzi (bus) bakomeje kwinubira serivise mbi bahabwa na ba agent ba Tap and Go, ubuyobozi bwa AC group bufite mu nshingano Tap and Go bugashishikariza gukoresha uburyo bw’ikoranabuhanga.
Bamwe mu baturage bakora ingendo zabo bakoresheje ...
Hashize iminsi humvikana itabwa muri yombi rya bamwe mu bayobozi bakomeye mu nzego za leta ndetse n’abandi bakunze kwitwa ibifi binini aho nk' amakuru aheruka ari avuga ko urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha rwatangaje ko taliki 3 rwataye muri yombi Dr Habumuremyi wigeze kuba Minisitiri w’Intebe, ari nawe washinze Kaminuza ya Christian University of...